Umulinga Alice wari usanzwe ari Visi Perezida w’Agateganyo kuva mu 2023 yatorewe kuyobora Komite Olempike y’u Rwanda mu gihe cy'imyaka ine iri imbere.
Ni mu matora ya Komite Nyobozi Olempike y’u Rwanda yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025. 
Umuringa wari umukandi rukumbi ku mwanya wa Perezida w’uru rwego yagize ku majwi 50 kuri 50 y’abagize inteko itora.
News image