Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu, yatsinzwe na Nigeria ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura w'ijonjora ryo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi, ihita ivamo ku kinyuranyo cy'ibitego 5-0 kuko i Kigali yahatsindiwe 1-0.

igikombe cy'Isi cy'abangavu batarengeje imyaka 20, kizabera muri Polonye muri 2026.
News image


News image


News image


News image